Ababyaza basoza kaminuza mu Rwanda buri mwaka bagiye kwikuba ishuro 12
Ibi yabigarutseho mu kiganiro yagiranye na Mama Urwagasabo, aho yavuze ko gahunda yo gukuba umubare w’abakora mu nzego z’ubuvuzi kane mu myaka ine yatangiye kuzamura umusaruro. Urwego rw’ubuvuzi ni rumwe…